Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yashimiye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, watangije gahunda ya FIFA Arena yo kubaka ibibuga byo gushyigikira abato bakina ruhago.
Ati “Ni ibibuga 10 bizubakwa. Iki ni icya mbere.”
Yavuze ko ku bufatanye bwa Minisiteri ya Siporo na FIFA [binyuze kuri Perezida wayo] hazubakwa ibindi bibuga 20, bikaba 30 muri rusange. #RBASports



