Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Kayitesi Usta, yahererekanyije ububasha n’uwo yasimbuye kuri uwo mwanya, Gen (Rtd) James Kabarebe, wagizwe Umujyanama Mukuru mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 11 Ukuboza 2025, ku biro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga.


