Thursday, November 20, 2025
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeUBUZIMAInkangu yatewe n'imvuranyinshi mu Rwanda

Inkangu yatewe n’imvuranyinshi mu Rwanda

Muriyi minsi mu gihugu hose hari kugwa imvura nyinshi hamwe na hamwe igateza inkangu ndetse hamwe igasenya amazu, igatwara n’ubuzima bw’abantu.

Leta y’urwanda idahwema gushakira ibyiza abaturage bayo,binyuze mukigo gishinzwe iteganya gihe ndetse na Minisiteri ishinzwe ubutabazi, baraburira buri Munyarwanda utuye ahashobora  guteza ibyago ko muriki  gihe  akwiye kwimuka ,Kuko hateganyijwe imvura nyinshi ishobora gushyira ubuzima mubyago.

Ibi bibaye mugihe muri iyiminsi humvikanye amakuru y’imiryango yagwiriwe ninkangu mu Rwanda, aho abantu benshi baburiyemo ubuzima ndetse abandi basigwa iheru heru n’imvura yaguye, bityo kubahiriza amabwiriza yashyizweho byafasha kwirinda ,ndetse no gukumira ko bwa kongera.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_imgspot_img

Most Popular

Recent Comments