Friday, January 9, 2026
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeAMAKURUJack ma ari mu Rwanda , aho ari guhemba barwiyemeza mirimo bahize...

Jack ma ari mu Rwanda , aho ari guhemba barwiyemeza mirimo bahize abandi muri Africa hamwe na perezida Kagame.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Jack Ma washinze Alibaba Group hamwe na Jerry Yang uri mu bashinze Yahoo bagirana ibiganiro byagarutse ku bufatanye mu guteza imbere ibijyanye no kwihangira imirimo no guhanga ibishya.

 

Jack Ma na Jerry Yang bari mu Rwanda aho bitabiriye umuhango wo gutanga ibihembo mu irushanwa rya ba rwiyemezamirimo bafite imishinga myiza muri Afurika, Africa’s Business Heroes, riri kuba ku nshuro ya karindwi.

 

  1. Ryitabiriwe na ba rwiyemezamirimo bafite ibikorwa bitanga icyizere, aho icumi ba mbere bagabana inkunga ya miliyoni 1,5 z’amadolari.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_imgspot_img

Most Popular

Recent Comments