Augustin Ngabonziza wamenyekanye mu ndirimbo zakunzwe na benshi yitabye Imana kumyaka 64.
Nkuko ikinyamakuru ibigwi.rw twatangarijwe n’umwe mu banabe ,yatubwiyeko papa we yaramaze i byumweru bibiri arwariye CHUK, nyuma akaza kwitaba Imana.
Augustin nkuko tubicyesha abasesenguzi b’indirimbo za(karahanyuze ) bemeza ko indirimboze ari murizimwe zakunzwe Kandi zigatuma umuziki w’urwanda wamamara hanze y’imipaka.
Zimwe mundirimbo zaririmbwe n’uyu mugabo harimo iyo yamenyekanyemo cyane yise “Sugira usagambe Rwanda nziza, yaririmbye ahagana 1980 ikaba indirimbo itaka igihugucye Kandi iri munjyana inogeye amatwi.
Imana imuhe iruhuko ridashira.


