Wednesday, April 8, 2026
spot_imgspot_imgspot_imgspot_img
HomeAMAKURUPerezida Paul Kagame Ari"Ntawe uzongera gupfa" Ijambo ritangiza Icyunamo.

Perezida Paul Kagame Ari”Ntawe uzongera gupfa” Ijambo ritangiza Icyunamo.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ntawe uzongera guca mu bihe bikomeye nk’ibya Ngiruwonsanga Théoneste watanze ubuhamya bw’uburyo yarokotse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 19

Ati “Ntawe uzongera gupfa nk’uko Théoneste yabivugaga, cyangwa se uko na we yapfuye. Buriya yarapfuye, kuba ariho ni nko kuzuka. Nta wakongera gupfa kuriya. Impamvu kandi, ntabwo wakwica umuntu kabiri. Ugerageje azakwica mbere y’uko umwica.”

Yongeyeho ati “Nubwo muri aha nk’uko mutureba, bamwe bajya bashinyagura, igihugu cyose ureba, ntabwo gishobora gupfa kabiri. Mbere y’uko wakwica, u Rwanda ruzakwica. Ntabwo wakwica abantu kabiri. Ntibibaho, uko utureba aha ntabwo watwica kabiri. Ari twe bakuru, ari abana bacu, ntawe uzatwica kabiri. Ntibishoboka. Tuzabaho nk’uko abantu bakwiriye kuba babaho… byanze bikunze, ntawe twabisaba.”

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_imgspot_img

Most Popular

Recent Comments